India Africa Forum Summit 2015
NEW DELHI — Indian Prime Minister Narendra Modi turned on the charm for African leaders on Thursday, promising $10 billion in credit to back a “partnership of prosperity” and pitching a…
NEW DELHI — Indian Prime Minister Narendra Modi turned on the charm for African leaders on Thursday, promising $10 billion in credit to back a “partnership of prosperity” and pitching a…
Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite yemeje ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azajya ayobora manda y’imyaka itanu(5) ishobora kongerwa rimwe gusa. …
Prime Minister Anastase Murekezi has said that fighting Gender Based Violence is an obligation to everyone in Rwanda. He made the remarks today 16 October, 2015 in Muhanga District, while…
On Wednesday, 14 October 2015, a Cabinet Meeting chaired by His Excellency the President of the Republic, Paul KAGAME, convened in Village URUGWIRO. The Cabinet Meeting was satisfied with the…
Kuwa 27 Nzeli 2015, Perezida w’Ishyaka PSD Nyakubahwa Dr. Vincent BIRUTA yitabiriye inama yahuje abayoboke b’ishyaka PSD bo mu ntara y’Amajyepfo. Iyi nama kandi yitabiriwe n’abanyacyubahiro (abayoboke b’imena ba PSD)…
Nyuma y’imyaka itatu amaze ari Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Michel Flesch, yasoje imirimo ye aho agiye kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, bikaba biteganyijwe ko azava mu Rwanda tariki ya 30…
Kuwa Gatandatu tariki ya 26 Nzeli, ku rwego rw’Igihugu mu ntara y’Iburasirazuba, akarere ka Kayonza, Umurenge wa Gahini, mu kagari ka Juru, aho yanifatanyije n’abaturage mu gikorwa cy’umuganda rusange, Nyakubahwa…
Ku wa 11 Nzeli 2015 , Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, yatoreye Dr François Xavier Kalinda guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EALA). …
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa Gatatu tariki 09/09/2015 iyobowe na Perezida wa Repuburika Paul Kagame yasabiye Nyakubahwa Olivier Nduhungirehe guhagararira u Rwanda mu gihugu cy’Ububirigi nk’Ambasaderi ufite icyicaro I Buruseli. Visi…
Inama y’Abaminisitiri yashyizeho abantu barindwi bagize Komisiyo yigenga ishinzwe kunganira Inteko Ishinga Amategeko mu ivugururwa ry’Itegeko Nshinga. Abashyizwe muri iyo komisiyo bose basanzwe ari inzobere mu mategeko. Abagize iyi komisiyo…