Ntimukibeshye ku mugambi wabo wo guhungabanya u Rwanda – Perezida w’Ishyaka, Vincent Biruta
Perezida w'Ishyaka P.S.D akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta ubwo yari mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi cyateguwe na Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga yagaragaje ko kuba hari…