Indwara y’umwingo
Bamwe mu bagabo basuzugura indwara y’umwingo bakeka ko ari iy’abagore bakanga kuyivuza; baragirwa inama yo kwihutira kuyivuza, kuko ari indwara mbi ishobora kubabuza gukomeza gahunda zabo mu gihe itavuwe neza.…
Bamwe mu bagabo basuzugura indwara y’umwingo bakeka ko ari iy’abagore bakanga kuyivuza; baragirwa inama yo kwihutira kuyivuza, kuko ari indwara mbi ishobora kubabuza gukomeza gahunda zabo mu gihe itavuwe neza.…
Ku wa gatatu tariki ya 18/03/2015 u Rwanda rwizihije ku nshuro ya 9 umunsi ngarukamwaka w'Uruzi rwa Nili. Bijyanye n'insanganyamatsiko y'uyu mwaka igira iti "Amazi n’imibereho myiza y’abaturage-Amahirwe ari mu…
Nyakubahwa KAMANZI Stanislas wahoze ari Minisitiri w’Ibidukikije n’Umutungo kamere, yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu gihugu cya Nigeriya. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri: None kuwa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2015, Inama…
Nyakubahwa KAMANZI Stanislas wahoze ari Minisitiri w’Ibidukikije n’Umutungo kamere, yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu gihugu cya Nigeriya. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri: None kuwa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2015, Inama…
Kuri uyu munsi tariki ya 21 Werurwe 2015, Inama ya Biro Politiki y’Ishyaka P.S.D yateraniye muri Alpha Palace Hôtel, i Kigali mu Karere ka Kicukiro, iyobowe na Dr Vincent BIRUTA,…
Umushyitsi mukuru yari Depite Jacqueline MUKAKANYAMUGENGE, Visi perezida wa kabiri w’Ishyaka PSD. Kuri gahunda hari izi ngingo zikurikira: Gutegura Kongere y’Igihugu ya 5 y’Ishyaka PSD Kwakira ibibazo, ibitekerezo, ndetse n'ubutumwa by'abayoboke…
Inama y’Abahagarariye Ibihugu 10 bigize Komisiyo yo Kurengera Amashyamba mu Bihugu by’Afurika yo hagati (COMIFAC), i Kigali kuwa 16 no kuwa 17 Werurwe 2015, iyi nama y’iminsi ibiri…
Mu izina ry’abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD), nshimishijwe no kubaha ikaze ku rubuga rw’Ishyaka PSD. Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD), ryishimira ibimaze kugerwaho n’uruhare rukomeye…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangarije abayobozi bitabiriye umwiherero wa 12 w’abayobozi bakuru ko atazihanganira abakora nabi bikitirirwa leta. Atangiza ku mugaragaro uyu mwiherero, Umukuru w’Igihugu yavuze ko…